Grateful for life,
For miracles and millions smiles,
For challenges and puzzles,
And for waking up everyday and even when I thought I couldn't.
God bless me with life again,
I will forever thank His name!
THIS MY BIRTHDAY,
BUT I CALL IT MY BLESSINGS🥂
SEND CHOCOLATES
Ejobundi nagize amahirwe yo guhura na His Excellency Ambassador
@JKimonyo
w’ U Rwanda muri China.
Yambwiye byinshi ku mubano w’ U Rwanda na China, ambwira ko kandi umubare w’ abashinwa basura U Rwanda ukomeje kwiyongera.
Njye namubajije ku ikawa, nk’ ikinyobwa gikunzwe muri uyu
Abakerarugendo benshi baza mu Rwanda bakururwa n’ ingagi.
Ingagi ni umutungo ukomeye twibitseho.
Mu Bushinwa ho rero panda nizo zabo.
Bwari ubwambere menye ko zibaho kuko numvaga ziba muri filime gusa..
KungFu Panda!
Uretse amabara yazo meza,
Uzireba yibuka ubwana bwe cyane ko
There is joy, peace and relief in traveling and bonding with your own country🇷🇼
Nanjye ndacyari kwibaza icyansetsaga😂ariko
#TemberaURwanda
guseka byo bizizana😅
#VisitRwanda
Allow me post these three pictures to welcome new year. I am blinded with tears while writing this.
2023 challenged me big time and was full of downs than ups as they said. But I am grateful for the love you showed me
#Ukonageze
. 2024 we are moving forward as we should.
Mubeho!
We did Canopy walkway,
And joy was served as always.
One thing about the experience, is getting to connect with your soul while staring the beautiful view that provides life🍃
Video nayo irigutunganywa😂🤞🏾
#VisitRwanda
#TdRwanda2024
Some weeks are just for being grateful🤍
Loved and cherished every moment spent with
@DimitrieSissi
❤️ Can I call her my personal person? Well nabinyemerera🤗
Nguku uko nahuye na
@DimitrieSissi
! Akimbona yahise ambaza ngo moto yawe se uyisize he? Yaraziko ya moto ngendaho aba
Bukeye bwaho nerekeje i Kabgayi..
Bazilika ntoya ya Kabgayi yubatswe mu 1899
Yubakwa na Furere Alphonse Adolphe akaba yari umu architect ukomeye.
Uretse kuba yarubatse iyi Bazilika, ninawe wagiye yigisha abandi iby’ ubwubatsi.
Benshi bibaza impamvu yitwa Bazilika nto ya
Niho kwiga kubara no kwandika byatangiriye,
Gusoma ndetse n’ ubundi bumenyi butandukanye!
Aha ni i Save
Iyi ni paruwasi yabayeho mu Rwanda bwa mbere, niho aba misiyoneri bakandagiye bwa mbere, niho kandi iby’ ubuvuzi byatangiriye.
Hari taliki 8/2/1900 ubwo abapadiri bera