Nonaha: Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y' U
#Rwanda
, ari kugirira uruzinduko mu Karere ka Rubavu, aho ari gusura ahangijwe n'ibiza by'imvura n'inkangu iherutse kugwa mu ijoro ryo Kuwa 02-03/05/2023 ikangiza Ibintu ndetse igahitana ubuzima bw'abaturage 131.
Umuyobozi w'Akarere
@kambogo1
yasinye amasezerano y'ubufatanye mu by'Ubukerarugendo n'abafatanyabikorwa biyemeje gukorana n'akarere ka Rubavu mu kuzamura ubukerarugendo. Yabasabye kumenyekanisha akarere ka Rubavu, mu gihugu, mu karere no muruhando mpuzamahanga.
The
@Umushyikirano
is right here.
#Rubavu
residents including the private sector, local leaders, Civil Society Organizations, Community representatives are now gathered at
#ULK
-Gisenyi Campus where they will follow
#Umushyikirano2023
remotely.
Iki gicamunsi, Umuyobozi w'Akarere
@promulindwa
, yifatanyije n' Urwego rwa
@RIB_Rw
n'iz'Umutekano muri rusange, mu gutangiza ubukangurambaga mu kurwanya ibyaha by'icuruzwa ry'abantu no kubashakiraho inyungu, muri
@GisenyiS
, Akagari ka Kivumu, bukazakomereza no muyindi mirenge.
Nonaha: Minisitiri w'Urubyiruko n'umuco
@jnabdallah
ari hamwe n'Ubuyobozi mu nzego zitandukanye ndetse n'abafatanyabikorwa, bari mu muganda wihariye mu kigo
#PetitSeminaireDeNyundo
, hatunganywa ahangijwe n'ibiza by'imvura n'inkangu iherutse kugwa mu ijoro ryo kuwa 02-03/05/2023.
To Day, The finishing line of
#TdRwanda23
5th stage will be in one of Rwanda's most beautiful and exciting cities on the shores of lake Kivu.
#Rubavu
is a melting pot of fun, business and nature. Riders, organizers, sponsors etc.
#Inganji
za
#Rubavu
welcome you to the District
Ubuyobozi bw'Akarere ka
#Rubavu
, Abafatanyabikorwa n'abandi mu nzego zitandukanye bifatanyije n'
#Rwanda
ndetse n'isi yose mu gihe twibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
#TwibukeTwiyubaka
Hari icyizere ko abanyeshuri ba G.S.Umubano II, mu gihembwe cya II 2023-2024, bazigira ahantu hasobanutse. Izinyubako z'amashuri zigiye kuzura muri iri shuri, ryubatse mu murenge wa
@GisenyiS
, ku bufatanye bwa
@Rwanda_Edu
n'Akarere ka Rubavu.
Kuko u Rwanda rukwiye ibyiza.
๐๐๐
Mu rwego rwo gukomeza kugaragariza abaturage ibibakorerwa hagamijwe kuzamura uruhare rwabo mu kubisigasira no mu guharanira kugera kuri byinshi,Umuyobozi w'Akarere
@kambogo1
ari mu kiganiro n'Abanyamakuru kigaruka ku iterambere ry'Akarere
@RwandaLocalGov
@GovernanceRw
@TI_Rwanda
Iki gihembo gihawe
#Inganji
za
#Rubavu
, ni umuhigo besheje muguteganyiriza izabukuru, umwaka 2020-2021, ku kigero cya 155%. Biyemeje kandi kuguma mu ngamba kugira ngo bakomeze kuba
#Indashyikirwa
kuri uyu muhigo.
Mu mujyi wa Rubavu, imirimo yo kubaka ibikorwa remezo irarimbanyije, harimo kubakwa umuhanda Rugerero- Buhuru wubakwa ku bufatanye na STECOL CORPORATION ndetse no kubaka inzira z'amazi n'umuhanda mu kagari ka Mbugangari, iri gukorwa ku bufatanye na
@npdgroup
.